Kukurarikira kwitabira imyigaragambyo
yo
kwamagana iByemezo Bya onu Bigamije
KURASA KU mpunzi Z’ABANYARWANDA.
u gihe ONU imaze gufata ibyemezo byo kurasa ku mpunzi z’abanyarwanda ziri
mu mashyamba ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (R.D.C) nk’uko bitahwemye
gukorwa mu ntambara ziswe Kimia I, Kimia II ndetse na Umoja Wetu,
mashyaka n'Amashyirahamwe y'Abanyarwanda araritse
kandi ashishikarije impunzi z'Abanyarwanda aho ziri hose mu bihugu binyuranye
zahungiyemo, hamwe n'abandi Banyarwanda b'ingeri zose, n'inshuti
z'Abanyarwanda, kuzahaguruka nk’umugabo umwe, tukamaganira kure, kandi twivuye
inyuma biriya byemezo bigamije gutsemba impunzi.
yo myigaragambyo igomba kubera rimwe hirya no hino ku isi, iteganyijwe ku itariki ya 04/02/2015. Aho imyigaragambyo
izabera muri buri gihugu hazamenyekanishwa n'abayitegura.
u Bubiligi, abantu
bazahurira kuri "Rond Point
Schuman", imbere ya "Commission de l'Union
Européenne" kuva saa Saba (13H 00) kugeza saa
cyenda (15 H 00) z'amanywa.
uzaze turi benshi, tuzubahirize
isaha, tubibwirane kandi tubisakaze hirya no hino.
ushyikiye kandi ibikorwa
byose by'amahoro bigamije kwamagana kiriya gikorwa cy'urukozasoni kandi
cy'urugomo ndengakamere.
Amashyaka n'Amashyirahamwe akuraritse ni aya akurikira:
DEmma
|
Aucun commentaire:
Enregistrer un commentaire